Yanditswe Mar, 28 2022 11:14 AM | 33,254 Views
Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa yasabye abashoramari n'qbacuruzi bo mu bihugu byombi cyane cyane bibanda ku kongerera agaciro ibikomoka muri Afurika aho kugira ngo bakomeze kubyohereza hanze, ubundi bikagaruka bibahenze.
Ibi yabigarutseho ubwo yatangizaga ku mugaragaro inama y’iminsi itatu ku buhahirane n’ishoramari hagati y' u Rwanda na Zimbabwe iri kubera i Harare mu murwa mukuru w'iki gihugu.
Muri iyi nama kandi ibihugu byombi byashyize umukono ku masezerano ajyanye n’ubucuruzi n’ishoramari, amasezano y'imikoranire n’ubufatanye hagati y'abikorera bo mu bihugu byombi ndetse ibigo by'ingufu ku mpande zombi nabyo byasinye amasezerano ajyanye n’ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga yemeranyijweho n'ibihugu byombi.
Inama ije ikurikira iyari yabereye mu Rwanda mu mwaka ushize wa 2021.
Rusizi: Abasenateri basuzumye ibikorwa mu guteza imbere imikorere ishingiye ku mihigo
1 hour
Soma inkuru
Rusizi: Ababyeyi b'Intwaza bashimye Igihugu cyabahurije hamwe ntibakomeza guheranwa n'agah ...
May 08, 2024
Soma inkuru
Madamu Jeannette Kagame yagarutse ku mahitamo Abanyarwanda bafashe yo kongera kunga ubumwe
May 08, 2024
Soma inkuru
MINECOFIN yatangaje ko harimo gusuzumwa uburyo bwo guhindura politiki yo kubaka inzu ziciriritse
May 08, 2024
Soma inkuru
Kuki Leta itarashe ku ntego yo gutuza abaturage ku Mudugudu muri iyi myaka 7?
May 08, 2024
Soma inkuru
Abatangabuhamya bagaragaje ko byabasabye kwishyura Nkunduwimye kugira ngo abahungishe muri Jenoside
May 08, 2024
Soma inkuru
Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha
May 07, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo
May 07, 2024
Soma inkuru