AGEZWEHO

  • Rusizi: Ababyeyi b'Intwaza bashimye Igihugu cyabahurije hamwe ntibakomeza guheranwa n'agahinda – Soma inkuru...
  • Madamu Jeannette Kagame yagarutse ku mahitamo Abanyarwanda bafashe yo kongera kunga ubumwe – Soma inkuru...

Perezida Mnangagwa yasabye abashoramari b'u Rwanda na Zimbabwe kubyaza umusaruro amahirwe ahari

Yanditswe Mar, 28 2022 11:14 AM | 33,254 Views



Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa yasabye abashoramari n'qbacuruzi bo mu bihugu byombi cyane cyane bibanda ku kongerera agaciro ibikomoka muri Afurika aho kugira ngo bakomeze kubyohereza hanze, ubundi bikagaruka bibahenze.

Ibi yabigarutseho ubwo yatangizaga ku mugaragaro inama y’iminsi itatu ku buhahirane n’ishoramari hagati y' u Rwanda na Zimbabwe iri kubera i Harare mu murwa mukuru w'iki gihugu.

Muri iyi nama kandi ibihugu byombi byashyize umukono ku masezerano ajyanye n’ubucuruzi n’ishoramari, amasezano y'imikoranire n’ubufatanye hagati y'abikorera bo mu bihugu byombi ndetse ibigo by'ingufu ku mpande zombi nabyo byasinye amasezerano ajyanye n’ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga yemeranyijweho n'ibihugu byombi.

Inama ije ikurikira iyari yabereye mu Rwanda mu mwaka ushize wa 2021.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Rusizi: Abasenateri basuzumye ibikorwa mu guteza imbere imikorere ishingiye ku m

Rusizi: Ababyeyi b'Intwaza bashimye Igihugu cyabahurije hamwe ntibakomeza g

Madamu Jeannette Kagame yagarutse ku mahitamo Abanyarwanda bafashe yo kongera ku

MINECOFIN yatangaje ko harimo gusuzumwa uburyo bwo guhindura politiki yo kubaka

Kuki Leta itarashe ku ntego yo gutuza abaturage ku Mudugudu muri iyi myaka 7?

Abatangabuhamya bagaragaje ko byabasabye kwishyura Nkunduwimye kugira ngo abahun

Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo