Yanditswe Apr, 19 2024 19:57 PM | 141,013 Views
Tariki ya 19 Mata, imyaka ibaye 30 Sindikubwabo Theodore wari Perezida wa Guverinoma y’abatabazi atangije Jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Butare.
Traiki ya 19 Mata mu 1994 nibwo Sindikubwabo yakoranye inama na ba Burugumesitiri b’Amakomini yari agize Perefegitura ya Butare, maze arabatonganya cyane avuga ko batarimo kwitabira uko bikwiriye umugambi wa jenoside warimo ushyirwa mu bikorwa hirya no hino mu gihugu.
Abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu cyahoze ari Butare ubu ni mu Karere ka Huye, bavuga ko iri jambo rya Sindikubwabo ari ryo ryatangije ku mugaragaro jenoside mu Mujyi wa Butare dore ko Abatutsi bahise batangira kwica bahereye ku barimu ba Kaminuza ndetse n’abacuruzi, bukeye tariki 20 hicwa Umwamikazi Rozaliya Gicanda nawe wari utuye muri uyu Mujyi.
Tuyisenge Adolphe
Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Paris
Apr 22, 2024
Soma inkuru
Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya
Apr 19, 2024
Soma inkuru
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru