Yanditswe Apr, 19 2019 11:41 AM | 6,329 Views
Ministre w’Ububanyi n’amahanga n’umubutwererane Dr. Richard Sezibera yavuze ko uyu munsi yasuye ibikorwa byo kuvugurura umupaka wa gatuna ugabanya u Rwanda na Uganda agasanga imirimo iri hafi kurangira uyu mupaka ukongera gufungurwa; yavuze ko yizeye ko n’uruhande rwa Uganda ruzarangira vuba maze urujya n’uruza rukongera gukorwa nk’uko byemeranijwe n’impande zose mu nama yahuje ibihugu bikoresha umuhora wa ruguru mu bucuruzi.
Ku itariki ya 28 y’ukwa kabiri muri uyu mwaka ni bwo Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro mu Rwanda (RRA), cyabaye gihagaritse amakamyo yacaga ku mupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda, kubera imirimo yo kubaka umupaka uhuriweho n’ibihugu byombi, One Stop Border Post.Kuri uyu wa Gatanu nibwo Ministre w’Ububanyi n’amahanga yagiye kureba aho iyi mirimo igeze.
Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha
May 07, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo
May 07, 2024
Soma inkuru
RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano
May 07, 2024
Soma inkuru
Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko
May 07, 2024
Soma inkuru
Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo
May 07, 2024
Soma inkuru
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda ...
May 06, 2024
Soma inkuru
Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamahanga kuba abakozi ba ...
May 06, 2024
Soma inkuru
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zagabye ibitero ku byihebe mu Ntara ya Nampula
May 05, 2024
Soma inkuru