AGEZWEHO

  • Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha – Soma inkuru...
  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo – Soma inkuru...

IMIRIMO YO KUVUGURURA UMUPAKA WA GATUNA IRI HAFI KURANGIRA

Yanditswe Apr, 19 2019 11:41 AM | 6,329 Views



Ministre w’Ububanyi n’amahanga n’umubutwererane Dr. Richard Sezibera yavuze ko uyu munsi yasuye ibikorwa byo kuvugurura umupaka wa gatuna ugabanya u Rwanda na Uganda agasanga imirimo iri hafi kurangira uyu mupaka ukongera gufungurwa; yavuze ko yizeye ko n’uruhande rwa Uganda ruzarangira vuba maze urujya n’uruza rukongera gukorwa nk’uko byemeranijwe n’impande zose mu nama yahuje ibihugu bikoresha umuhora wa ruguru mu bucuruzi.

Ku itariki ya 28 y’ukwa kabiri muri uyu mwaka ni bwo Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro mu Rwanda (RRA), cyabaye gihagaritse amakamyo yacaga ku mupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda, kubera imirimo yo kubaka umupaka uhuriweho n’ibihugu byombi, One Stop Border Post.

Kuri uyu wa Gatanu nibwo Ministre w’Ububanyi n’amahanga yagiye kureba aho iyi mirimo igeze.





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo

RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano

Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko

Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw&r

Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamaha

Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zagabye ibitero ku byihebe mu Nta