Yanditswe May, 01 2022 11:35 AM | 51,672 Views
Perezida
Paul Kagame yanenze serivisi mbi zigaragara mu mahoteli atandukanye mu gihugu, avuga ko inzego zibishinzwe zigomba
kubikurikirana kandi ahagaragaye izi serivisi mbi zidahinduka hagafungwa.
Ibi umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu mu na Nkuru y'Umuryango FPR Inkotanyi abereye na Chairman.
Perezida Kagame yagize ati ‘‘Hano tuzaba dufite abantu benshi barimo n’ibikomangoma, mugomba kuba mwiteguye kubakira kandi neza, reka mbanenge, muzabakira gute, dufite amahoteli meza ariko se mujya muyageramo ? murayazi ? muyasangamo iki ? nimureke tuvugishe ukuri, imikorere yanyu yo muri ayo mahoteli, serivisi zirimo nimwe mwenyine abanyarwanda, mushobora kwemera mukabana nabyo, nta wundi muntu wabyemera ariko nabyo ni ikibazo.’’
Umukuru
w’Igihugu yavuze ko ibi bitagomba gukomeza kwihanganirwa, asaba ko abakora
ibintu nk’ibi ibikorwa byabo bigomba kujya bifungwa.
James Habimana
Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha
5 hours
Soma inkuru
Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo
May 07, 2024
Soma inkuru
RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano
May 07, 2024
Soma inkuru
Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko
May 07, 2024
Soma inkuru
Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo
May 07, 2024
Soma inkuru
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw’akazi mu Rwanda ...
May 06, 2024
Soma inkuru
Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamahanga kuba abakozi ba ...
May 06, 2024
Soma inkuru
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zagabye ibitero ku byihebe mu Ntara ya Nampula
May 05, 2024
Soma inkuru