Yanditswe May, 01 2022 11:35 AM | 50,697 Views
Perezida
Paul Kagame yanenze serivisi mbi zigaragara mu mahoteli atandukanye mu gihugu, avuga ko inzego zibishinzwe zigomba
kubikurikirana kandi ahagaragaye izi serivisi mbi zidahinduka hagafungwa.
Ibi umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu mu na Nkuru y'Umuryango FPR Inkotanyi abereye na Chairman.
Perezida Kagame yagize ati ‘‘Hano tuzaba dufite abantu benshi barimo n’ibikomangoma, mugomba kuba mwiteguye kubakira kandi neza, reka mbanenge, muzabakira gute, dufite amahoteli meza ariko se mujya muyageramo ? murayazi ? muyasangamo iki ? nimureke tuvugishe ukuri, imikorere yanyu yo muri ayo mahoteli, serivisi zirimo nimwe mwenyine abanyarwanda, mushobora kwemera mukabana nabyo, nta wundi muntu wabyemera ariko nabyo ni ikibazo.’’
Umukuru
w’Igihugu yavuze ko ibi bitagomba gukomeza kwihanganirwa, asaba ko abakora
ibintu nk’ibi ibikorwa byabo bigomba kujya bifungwa.
James Habimana
Ababyeyi bagana ibitaro bya Gakoma bishimiye ko byatangiye kuvugururwa
1 hour
Soma inkuru
Umugaba w'Ingabo za Ghana mu ruzinduko mu Rwanda
Jul 05, 2022
Soma inkuru
Umuryango AVEGA-Agahozo uvuga ko mu minsi 100 yo kwibuka Jenoside intego bari bihaye zimaze kugerwah ...
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Imiryango 30 yo muri Muhanga yakemuriwe ikibazo cy’icumbi mu 2021-2022
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Abavuga ko Gaz ihenze kurusha amakara babiterwa no kudasobanukirwa- Dr Mujawamariya
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Abanyarwanda baba muri Mozambique bakoze umuganda rusange mu kwizihiza umunsi wo kwibohora
Jul 03, 2022
Soma inkuru