AGEZWEHO

  • Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha – Soma inkuru...
  • Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo – Soma inkuru...

Perezida Kagame yanenze serivisi z'amahoteli asaba ko izikora nabi zihanwa

Yanditswe May, 01 2022 11:35 AM | 51,672 Views



Perezida Paul Kagame yanenze serivisi mbi zigaragara mu mahoteli atandukanye mu gihugu, avuga ko inzego zibishinzwe zigomba kubikurikirana kandi ahagaragaye izi serivisi mbi zidahinduka hagafungwa.

Ibi umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri uyu wa Gatandatu mu na Nkuru y'Umuryango FPR Inkotanyi abereye na Chairman.

Perezida Kagame yagize ati ‘‘Hano tuzaba dufite abantu benshi barimo n’ibikomangoma,  mugomba kuba mwiteguye  kubakira kandi neza, reka mbanenge, muzabakira gute, dufite amahoteli meza ariko se mujya muyageramo ? murayazi ? muyasangamo iki ? nimureke tuvugishe ukuri, imikorere yanyu yo muri ayo mahoteli, serivisi zirimo nimwe mwenyine  abanyarwanda, mushobora kwemera mukabana nabyo, nta wundi muntu wabyemera ariko nabyo ni ikibazo.’’

Umukuru w’Igihugu yavuze ko ibi bitagomba gukomeza kwihanganirwa, asaba ko abakora ibintu nk’ibi ibikorwa byabo bigomba kujya bifungwa.


James Habimana



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo

RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano

Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko

Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw&r

Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamaha

Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zagabye ibitero ku byihebe mu Nta