Yanditswe Mar, 10 2024 16:42 PM | 31,664 Views
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi yasabye ko abafite ubutaka buhingwa kubukoresha bwose muri iki gihembwe cy'ihinga kuko abatazabikora bazahanwa.
Gahunda yo gushikariza abahinzi guhinga ubutaka bwose bwagenewe guhingwa yatangiye mu gihembwe cyashize kandi abaturage bagaragaza ko yatanze umusaruro.
Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr Musafiri Ildephonse, agaragaza ko gahunda yo gushishikariza abaturage guhinga ubutaka bwose hari ababishyizemo imbaraga nke kandi aho byakozwe neza byaratanze umusaruro.
Avuga ko muri iki gihembwe cy’ihinga cya 2024 B, ubutaka bwose bugomba guhingwa n’ubwasigaye mu gihembwe gishize hakamenyekana impamvu.
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi igaragaza ko mu gihembwe cy’ihinga cya 2024 A, hahinzwe ubutaka bungana na hegitari ibihumbi 12 butahingwaga.
Intego ni uko nibura haboneka hegitari ibihumbi 20 hakiyongeraho n’ubwo mu Ntara y’Iburasirazuba, aho igice kinini cyakorerwagaho ubworozi.
Turatsinze Jean Paul
Ishyaka PDI ryiyemeje kuzashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w’Igihugu
Apr 28, 2024
Soma inkuru
Zimwe mu mpinduka zagaragaye muri Kaminuza mu myaka 30 ishize
Apr 27, 2024
Soma inkuru
Abanya-Kigali bishimiye kongera gukomorerwa kubaka
Apr 27, 2024
Soma inkuru
Hakiriwe dosiye 4698 z'abaregwa gukoresha nabi umutungo wa Leta mu myaka 5
Apr 27, 2024
Soma inkuru
Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023
Apr 26, 2024
Soma inkuru
Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside
Apr 26, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwifatanyije n'isi mu munsi mpuzamahanga wo kurwanya Malariya
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze
Apr 25, 2024
Soma inkuru