Yanditswe Jul, 12 2021 09:48 AM | 48,921 Views
Kuri uyu wa Mbere, mu Gihugu hose, abanyeshuri bo mu mwaka wa gatandatu w'amashuri abanza basaga ibihumbi 254,678 batangiye ibizamini bya Leta.
Ni ibizamini bibaye mu bihe bidasanzwe Igihugu gihanganye n'icyorezo cya COVID19.
Minisiteri y'Uburezi ikaba yahaye umwihariko abana banduye icyorezo cya COVID19, aho bashyiriweho ibyumba by'amashuri byihariye bagomba gukoreramo ibizamini.
Minisitiri w'Uburezi, Dr Uwamariya Valentine, ku Cyumweru yabwiye RBA ko muri rusange abanyeshuri biteguye neza ibizamini n'ubwo icyorezo cya COVID19 cyagiye kibangamira imyigire y'abana.
Biteganyijwe ko tariki 18 ibindi byiciro by'amashuri na byo bizatangira ibizamini bya Leta, aho nko mu cyiciro rusange cy'amashuri yisumbuye hazakora abanyeshuri 122,320, na ho abasoza icyiciro cya 2 cy'amashuri yisumbuye ni 50,888 na ho abasoza amashuri y'imyuga n'ubumenyingiro ni 22,779.
U Rwanda rwifatanyije n'isi mu munsi mpuzamahanga wo kurwanya Malariya
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa
Apr 23, 2024
Soma inkuru
Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejwe kwica Abatutsi
Apr 23, 2024
Soma inkuru