AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Amavugurura ku byiciro ntacyo azahungabanya ku itangwa rya mutuelle

Yanditswe May, 21 2019 18:05 PM | 8,167 Views



Abaturage hirya no hino mu gihugu barasaba ko basobanurirwa uburyo bwo kwishyura  umusanzu w'ubwisungane mu kwivuza mu gihe ibyiciro by'ubudehe bivuguruye bitarasohoka kandi hasigaye ukwezi kumwe ngo umwaka mushya w'ubwisungane mu kwivuza wa 2019-2020 utangire.

Mu gihe taliki ya 1 Nyakaga 2019 ari bwo hazatangira umwaka umwaka mushya wo kuba abaturage batangiye kwivuriza ku misanzu y'ubwisungane mu kwivuza, hari abagagaza impungenge z'uko batazi niba bazishyura iyi misanzu hakurikijwe ibyiciro by'ubudehe bivuguruye kugeza n'ubu bitarasohoka  cyangwa niba bazakomeza kwishyura bagendeye ku byiciro by'ubudehe byari bisanzwe uko ari 4.

Ikigo cy'igihugu cy'ubwishingizi RSSB kivuga ko abaturage batagomba kugira impungenge zo kwishyura ubwisungane mu kwivuza mu gihe ibyiciro by'ubudehe bivuguruye bitarasohoka, ngo bagomba gukomeza kwishyura hakoreshejwe ibyiciro by'ubudehe byari bisanzwe.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

U Rwanda rurishimira ibyagezweho mu kurwanya Malariya

Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w'u Bufaransa

Nkunduwimye yashinjwe gufatanya na Georges Rutaganda gutanga intwaro zakoreshejw