Yanditswe Apr, 17 2024 20:18 PM | 119,918 Views
Ambasade y'u Rwanda muri Uganda yifatanyije n'abayobozi muri Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga muri icyo gihugu, abanyeshuri ndetse n'abarezi bo muri Kaminuza ya Makerere, kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ambasaderi w'u Rwanda muri Uganda, Joseph Rutabana yagaragaje ko imyaka 30 ishize Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, hari byinshi byakozwe imbere mu gihugu by'umwihariko kubaka urwego rw'ubudaheranwa ndetse no kwiyubaka bishingiye ku nzira y'ubumwe n'ubwiyunge Abanyarwanda biyemeje.
Iki gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, cyabereye kuri Kaminuza nkuru ya Makerere, aho bamwe mu banyeshuri ndetse n'abarezi bakitabiriye bigishijwe amateka ndetse n'umuzi wa Jenoside yakorewe Abatutsi ndetse banasobanurirwa urugendo rw'ubudaheranwa no kwiyubaka kw'Abanyarwanda mu myaka 30 ishize.
Ben Kayiranga yagaragaje uko Visit Rwanda yugururiye amarembo Abanyarwanda i Paris
Apr 22, 2024
Soma inkuru
Bagiye kubona ibintu byiza- Danny Nanone yijeje indirimbo nshya
Apr 19, 2024
Soma inkuru
Abasaga 200 bategerejwe i Kigali mu Iserukiramuco ‘Kigali Triennial’
Feb 12, 2024
Soma inkuru
Art Rwanda yatumye hahangwa imirimo 400 mu myaka 2
May 15, 2023
Soma inkuru