AGEZWEHO

  • Abakinnyi 11 b’intoranwa bakinanye na Jimmy Gatete – Soma inkuru...
  • Jimmy Gatete ari kwandika igitabo kivuga ku buzima bwe ‘butazwi’ – Soma inkuru...

Kibaki wayoboye Kenya yitabye Imana ku myaka 90

Yanditswe Apr, 22 2022 10:48 AM | 67,339 Views



Kuri uyu wa Gatanu, Mwai Kibaki wabaye Perezida wa Kenya yitabye Imana ku myaka 90 azize uburwayi, uyu mugabo akaba yarayoboye iki gihugu kuva mu 2002 kugeza mu 2013.

Perezida Uhuru Kenyatta yemeje aya makuru abicishije kuri televiziyo y'igihugu.

Yavuze ko Nk'umuntu wagiye mu bikorwa byo kubona ubwigenge bwa Kenya, Kibaki akwiye icyubahiro n'urukundo haba imbere mu gihugu no ku isi.

Yagaragaje ko ari umuyobozi uzakomeza kwibukwa muri Politike ya Kenya.

Perezida Kenyatta yavuze ko igihugu kiri mu cyunamo kugeza igihe Kibaki azashyingurirwaho.


James Habimana



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo

RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano

Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko

Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw&r

Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamaha

Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zagabye ibitero ku byihebe mu Nta