Yanditswe Jun, 26 2023 10:01 AM | 16,028 Views
I Kigali hateraniye inama y’ubucuruzi hagati y’u Rwanda n’ibihugu by’Ubumwe bw’u Burayi yiswe EU-Rwanda Business Forum.
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere mu Rwanda (RDB) Clare Akamanzi yagaragarije abitabiriye iyi nama ko U Rwanda rwafunguye amarembo y’ubucuruzi ku bashaka gushora imari mu Rwanda.
Mu myaka 10 ishize ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse ku mpuzandengo y’igipimo cya 7.8% ibi byatumye ubukungu bw’igihugu bwikuba inshuro 9 zose.
Umuyobozi wa RDB avuga kandi ko kuba u Rwanda ari igihugu gitekanye ku rwego rw’Isi kikaba igihugu cyakira abakigana ku buryo abifuza gushora imari yabo mu masaha 6 umushoramari aba afunguye ikigo cy’ubucuruzi.
RDB kandi yagaragarije abitabiriye iyi nama ko hari amahirwe atandukanye mu ishoramari mu nzego zitandukanye mu Rwanda zirimo ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, amahoteri n’ubukerugendo, ikoranabuhanga n’ibindi.
Photo: RDB
Kwizera John Patrick
Ishyaka PDI ryiyemeje kuzashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w’Igihugu
Apr 28, 2024
Soma inkuru
Zimwe mu mpinduka zagaragaye muri Kaminuza mu myaka 30 ishize
Apr 27, 2024
Soma inkuru
Abanya-Kigali bishimiye kongera gukomorerwa kubaka
Apr 27, 2024
Soma inkuru
Hakiriwe dosiye 4698 z'abaregwa gukoresha nabi umutungo wa Leta mu myaka 5
Apr 27, 2024
Soma inkuru
Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023
Apr 26, 2024
Soma inkuru
Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside
Apr 26, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwifatanyije n'isi mu munsi mpuzamahanga wo kurwanya Malariya
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze
Apr 25, 2024
Soma inkuru