AGEZWEHO

  • Abakinnyi 11 b’intoranwa bakinanye na Jimmy Gatete – Soma inkuru...
  • Jimmy Gatete ari kwandika igitabo kivuga ku buzima bwe ‘butazwi’ – Soma inkuru...

Perezida KAGAME asanga umugabane wa Afrika ukwiye kuvuga ijwi rimwe

Yanditswe Mar, 01 2021 20:31 PM | 41,850 Views



Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko umugabane wa Afrika ukwiye kuvuga ijwi rimwe ku birebana n’umumaro wo gushyira hamwe no guhabwa amahirwe angana ku nkingo haba uyu munsi ndetse no mu gihe kizaza.

Umukuru w’igihugu yavugiye ibi mu nama nyafrika yiga ku mahoro n’iterambere rirambye izwi nka ASWAN FORUM, insanganyamatsiko y’uyu mwaka ni ukuzahura ibyangijwe na COVID19 no kubaka ibiramba.

Umukuru w’igihugu yavuze ko iki cyorezo cyagaragaje ko ibihugu bikwiye gushora imari mu kubaka urwego rw’ubuzima rutajegajega.

Umukuru w’igihugu yasabye ko iki kigo cyakongererwa ubushobozi kugira ngo gishobore kwigira kandi kigire ubwigenge;yasabye ibihugu binyamuryango kandi gusinya  amasezerano ya Afrika y’ubuvuzi kugira ngo atangire kubahirizwa vuba.

Umukuru w’igihugu yavuze ko kugira ngo ibigerweho neza bisaba ko ibihugu binyamuryango by’umuryango wa Afrika yunze Ubumwe, muri urwo rwego gushyiraho uburyo bwo gukora ibikoresho bokenerwa mu buvuzi biracyenewe cyane.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Nyarugenge: Abaturage batabaje ubuyobozi bijejejwe ubufasha

Perezida Kagame yasabye urubyiruko kudapfusha ubusa imyaka yabo

RCS igiye gufungura abantu bagera ku 2000 barangije ibihano

Nta bwoba bwo gukora ibintu bizima- Perezida Kagame abwira urubyiruko

Urubyiruko rw’Abakorerabushake rwizihije imyaka 10 y’ibikorwa byarwo

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Sénégal yatangiye uruzinduko rw&r

Abadepite bemeje ishingiro ry'umushinga w'itegeko ryemerera abanyamaha

Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique zagabye ibitero ku byihebe mu Nta