AGEZWEHO

  • Imyinshi izafungwa- Umushinga w'itegeko rigenga imiryango itari iya Leta uteye impungenge – Soma inkuru...
  • Umujyi wa Kigali mu ngamba zo guhashya ruswa – Soma inkuru...

Abatuye Umujyi wa Kigali barishimira uko basoje umwaka

Yanditswe Dec, 31 2023 16:05 PM | 5,331 Views




Abatuye umujyi wa Kigali bishimira ko basoje umwaka wa 2023 hari byinshi bagezeho birimo n'iterambere mu miryango, iki akaba ari igihe cyo kuganira ku byo bateganya n'ingamba z'uburyo bazabigeraho.

Ku masoko yo hirya no hino mu Mujyi wa Kigali urujya n'uruza rw'abaturage bahahaga ibyo bifashisha ku munsi mukuru w'Ubunani.

Bishimira ko basoje umwaka wa 2023 ibiciro ku masoko byaragabanutse.

Ngo iki ni igihe cyo kwishimira ibyo bagezeho mu miryango ari nako bapanga gahunda z'umwaka wa 2024.

Abacuruzi bagabanyije ibiciro kuri bimwe mu bicuruzwa mu rwego rwo kureshya abakiriya.

Mu Mujyi wa Kigali hagiye hashyirwaho ahantu nyaburanga abaturage bidagadurira bakanahafatira amafunguro y'ubwoko butandukanye muri ibi bihe by'iminsi mikuru.

Muri ibi byishimo by'iminsi mikuru abaturage basabwa kwinezeza ariko badasesagura kandi bakirinda kunywa ibisindisha birenze urugero muri gahunda ya Tunywe Less.


Jean Paul TURATSINZE




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Imyinshi izafungwa- Umushinga w'itegeko rigenga imiryango itari iya Leta ut

Ishyaka PDI ryiyemeje kuzashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w&rsq

Zimwe mu mpinduka zagaragaye muri Kaminuza mu myaka 30 ishize

Abanya-Kigali bishimiye kongera gukomorerwa kubaka

Hakiriwe dosiye 4698 z'abaregwa gukoresha nabi umutungo wa Leta mu myaka 5

Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023

Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gup

U Rwanda rurishimira ibyagezweho mu kurwanya Malariya