AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Kayonza: Muri Mukarange hatangiye gushakishwa imibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi

Yanditswe Mar, 23 2024 19:33 PM | 126,463 Views



Ahitwa Midiho mu Murenge wa Mukarange w’Akarere ka Kayonza, kuva kuri uyu wa Gatanu hatangijwe igikorwa cyo gushakisha imibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Iyi mibiri irashakishwa hifashishijwe imashini icukura ahantu hatandukanye hagendewe ku makuru yatanzwe na bamwe mu bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi.
Kugeza ku mugoroba w’uyu wa Gatandatu, imibiri yari itaraboneka ngo izashyingurwe mu cyubahiro n’ubwo bamwe bagifite icyizere ko izaboneka kubera amakuru yatanzwe.

Aho Midiho harakekwa abahiciwe bari hagati ya 200 na 500.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023

Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gup

U Rwanda rurishimira ibyagezweho mu kurwanya Malariya

Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze

Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwan

Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura

Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire m

U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza