Yanditswe Mar, 23 2024 19:33 PM | 126,463 Views
Ahitwa Midiho mu Murenge wa Mukarange w’Akarere ka Kayonza, kuva kuri uyu wa Gatanu hatangijwe igikorwa cyo gushakisha imibiri y’abazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Iyi mibiri irashakishwa hifashishijwe imashini icukura ahantu hatandukanye hagendewe ku makuru yatanzwe na bamwe mu bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi.
Kugeza ku mugoroba w’uyu wa Gatandatu, imibiri yari itaraboneka ngo izashyingurwe mu cyubahiro n’ubwo bamwe bagifite icyizere ko izaboneka kubera amakuru yatanzwe.
Aho Midiho harakekwa abahiciwe bari hagati ya 200 na 500.
Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023
Apr 26, 2024
Soma inkuru
Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gupfobya Jenoside
Apr 26, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwifatanyije n'isi mu munsi mpuzamahanga wo kurwanya Malariya
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Abadepite basabye Guverinoma gukemura ikibazo cyo gushyingura bihenze
Apr 25, 2024
Soma inkuru
Urubyiruko rwavutse nyuma ya Jenoside rugeze he rwigishwa amateka yaranze u Rwanda?
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Musanze: Hatangijwe igikorwa cyo gusuzuma kanseri y’inkondo y’umura ku bafite hagati y ...
Apr 24, 2024
Soma inkuru
Ingabo z'u Rwanda n’iza Jordanie zaganiriye ku kubyutsa imikoranire mu bya gisirikare
Apr 24, 2024
Soma inkuru
U Rwanda rwongeye kugaragaza ko rwiteguye kwakira abimukira bazava mu Bwongereza
Apr 23, 2024
Soma inkuru