Yanditswe Dec, 14 2023 17:57 PM | 129,631 Views
Ku bufatanye bw'u Rwanda n'ikipe ya Arsenal binyuze muri gahunda ya Visit Rwanda; kuri uyu wa Kane myugariro w'ikipe ya Arsenal Jurrien Timber yageze mu Rwanda mu ruzinduko ruzamara iminsi ine muri gahunda ya Visit Rwanda.
Ku munsi wa Mbere w'uruzinduko rwe Jurrien Timber yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ndetse ku gicamunsi ahura n'abana batarengeje imyaka 20 bakina umupira w'amaguru ndetse n'abafana ba Arsenal.
Jurrien Timber yavuze ko yishimiye gusura u Rwanda ndetse anagaragaza ko yakozweho cyane n'amateka igihugu cyanyuzemo.
Umuyobozi mukuru ushinzwe ubukerarugendo muri RDB, Michaella Rugwizangoga yavuze ko uruzinduko rw'uyu myugariro w'ikipe ya Arsenal ari ibikubiye mu masezerano u Rwanda rufitanye n'iyi kipe yo mu bwongereza.
Akigera mu Rwanda uyu mukinnyi yavuze ko yanejejwe no kugera mu Rwanda kandi yishimye. Ati ni ibintu byahamywa na buri wese wahaza."
Yavuze ko kandi yiteguye kuhagirira ibihe byiza we n'umukunzi we bazanye.
Kwizera Adamz
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru
Rayon Sports yanganyije na Al-Hilal Benghazi mu mukino utarimo abafana
Sep 24, 2023
Soma inkuru