AGEZWEHO

  • Mu 2023 u Rwanda rwasuwe na ba mukerarugendo barenga Miliyoni imwe – Soma inkuru...
  • Zimwe mu mpinduka zagaragaye muri Kaminuza mu myaka 30 ishize – Soma inkuru...

Minisitiri w'Intebe Edouard Ngirente yakiriye Perezida wa Athletisme muri Afurika

Yanditswe Jun, 12 2023 15:15 PM | 27,536 Views



Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yakiriye Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Imikino ngororamubiri muri Afurika Hamad Kalkaba Malboum. 

Uyu muyobozi w’impuzamashyirahamwe y’uyu mukino uzwi nka Athletisme ari mu Rwanda aho yari yitabiriye irushanwa mpuzamahanga ryitiriwe Amahoro rya Kigali International Peace Marathon ryabaye ejo hashize ku Cyumweru.

Ibiganiro hagati ya Minisitiri w’Intebe na Hamad Kalkaba Malboum bikaba byibanze ku bufatanye bw’impande zombi.

Ni ibiganiro byanitabiriwe na Minisitiri wa siporo Aurore Munyangaju Mimosa.


Menya uko Kigali International Peace Marathon yagenze.

Kanda hano usome Inkuru irambuye.


Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ubwo yakiraga Perezida w’Impuzamashyirahamwe y’Imikino ngororamubiri muri Afurika Hamad Kalkaba Malboum. Photo: RBA

Minisitiri wa siporo Aurore Munyangaju Mimosa nawe yitabiriye ibi biganiro. Photo: RBA

Ibiganiro hagati ya Minisitiri w’Intebe na Hamad Kalkaba Malboum bikaba byibanze ku bufatanye bw’impande zombi. Photo: RBA

Divin Uwayo



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage