AGEZWEHO

  • Gicumbi: Imiryango yasenyewe n’ibiza mu 2023 yatujwe mu Mudugudu wa Kaniga – Soma inkuru...
  • Kamonyi: Hibutswe abana n’abagore bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi – Soma inkuru...

Perezida Kagame yitabiriye imyitozo yo kumasha izwi nka Exercise Hard Punch- AMAFOTO

Yanditswe Aug, 18 2023 09:14 AM | 135,775 Views



Ku wa Kane, Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n'Umugaba w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda yakurikiranye imyitozo yo kumasha y'ingabo z'u Rwanda. Ni imyitozo yabereye Gabiro, izwi nka Exercise Hard Punch 04/2023.

Perezida Kagame nyuma yo gukurikirana imyitozo y'Ingabo z'u Rwanda yo kumasha, yaganiriye n'abasirikare.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Gen Mubarakh Muganga yagiriye uruzinduko muri Jordanie (Amafoto)