AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...
  • Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023 – Soma inkuru...

RRA yinjije mu isanduka ya Leta imisoro n’amahoro ku rugero rw’i 105% mu mezi atatu

Yanditswe Nov, 04 2020 23:54 PM | 118,838 Views



Ikigo cy’imiso n’amahoro “Rwanda Revenue Authority”kiravuga ko  mu mezi atatu ya mbere y’umwaka w’ingengo y’imari wa  2020/2021 cyabashije kwinjiza mu isanduka ya Leta imisoro n’amahoro ku rugero rw’i 105% mu gihe ngo mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2019/2020 cyakusanyije 94% by’amafaranga cyari cyiyemeje kubera ubukana bwa virusi ya Korona.

 



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage