AGEZWEHO

  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente yitabiriye inama ya Banki y'Isi yiga ku iterambere rya Afurika – Soma inkuru...
  • Imyinshi izafungwa- Umushinga w'itegeko rigenga imiryango itari iya Leta uteye impungenge – Soma inkuru...

U Rwanda rwazamutse imyanya ibiri ku rutonde rwa FIFA

Yanditswe Apr, 04 2024 12:19 PM | 145,411 Views



U Rwanda rwazamutse imyanya ibiri ku rutonde rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, rwerekana uko amakipe y’ibihugu ahagaze. Rwavuye ku mwanya wa 133 rwariho mu kwezi gushize, rugera ku wa 131.

Uru rutonde rwagiye hanze kuri uyu wa Kane, tariki ya 4 Mata 2024, rugaragaza uko ibihugu byitwaye muri Werurwe uyu mwaka.

Ikipe y'Igihugu "Amavubi" yazamutse imyanya ibiri nyuma yo kwitwara neza mu mikino ya gicuti yakinnye. Yanganyije na Botswana 0-0, itsinda Madagascar ibitego 2-0.

Argentine ya Lionel Messi ni yo iyoboye ibindi bihugu ku Isi aho ikurikiwe n’u Bufaransa, u Bubiligi, u Bwongereza na Brésil.

Ku Mugabane wa Afurika, Maroc iri ku isonga, igakurikirwa na Sénégal, Nigeria, Misiri na Côte d’Ivoire.

Igihugu cyazamutse imyanya myinshi [8] ni Indonesia mu gihe Vietnam yamanutse imyanya 10.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Imyinshi izafungwa- Umushinga w'itegeko rigenga imiryango itari iya Leta ut

Ishyaka PDI ryiyemeje kuzashyigikira Paul Kagame mu matora y’Umukuru w&rsq

Zimwe mu mpinduka zagaragaye muri Kaminuza mu myaka 30 ishize

Abanya-Kigali bishimiye kongera gukomorerwa kubaka

Hakiriwe dosiye 4698 z'abaregwa gukoresha nabi umutungo wa Leta mu myaka 5

Imiryango 4800 imaze kwimurwa nyuma y’ibiza byo muri Gicurasi 2023

Minisitiri Gasana yasabye urubyiruko gushikama bagahangana n’abakomeje gup

U Rwanda rurishimira ibyagezweho mu kurwanya Malariya