AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Abaganga babaga indwara ya fistile baracyari bake mu Rwanda

Yanditswe May, 23 2017 16:53 PM | 3,107 Views



Ababyeyi batwite batinda ku nda igihe cyo kubyara, iyo badafashijwe byihutirwa bishobora kubaviramo indwara yo kujojoba izwi nka Fistule. Mu gihe hizihizwa umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ku ndwara yo kujojoba, abagore batwite barasabwa kwitwararika kujya kubyarira kwa muganga mu rwego rwo kwirinda iyo ndwara.

Bamwe mu babyeyi bigeze kugira icyo kibazo  bavuga ko byababeye ikibazo gikomeye ariko nyuma bagahura n'abaganga bakabitaho bagakira.

Docteur  Ndizeye Ntwali, avuga ko  mu Rwanda  hagaragara  ababyeyi bahura n' iki kibazo  haba mu babyarira mu rugo cyangwa se kwa muganga.

Mu bikorwa byihariye by’inzobere z’abaganga baza mu Rwanda kubaga abafite ikibazo cya Fistule hamaze kubagwa ababyeyi basaga ibihumbi 3,000, naho abaganga b’abanyarwanda bavura abagore bo bavuga ko kuva batangira igikorwa cyo kubaga mu mwaka ushize wa 2016, hamaze kubagwa abagore bagera kuri 70.

Muri Afurika yo munsi y' ubutayu bwa Sahara, Aziya, mu bihugu by' abarabu n' ibyo mu majyepfo y' Amerika habarurwa abagore bagera kuri miliyoni 2 bafite ikibazo cyo kujojoba nk’uko raporo za OMS zibigaragaza. 



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage