AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Abakoreraga Leta ubu bari muri 'pension' bavuga ko amafaranga bahabwa ari make

Yanditswe Jun, 29 2016 11:19 AM | 2,507 Views



Umuryango nyarwanda  w'abari muri pension, bafata amafaranga y'izabukuru (pension) baravuga ko amafaranga bahabwa atajyanye n'igihe. Ubuyobozi bw'Ikigo cy'ubwiteganyirize RSSB bavuga ko iki kibazo kizwi kandi ko ubuvugizi bwacyo bugikomeje

Aba basaza bakoraga mu bigo bitandukanye bya leta n'ibyigenga bavuga ko ugereranije amafaranga bahembwaga bataragera mu zabukuru nayo bahembwa kuri ubu ngo ntajyanye n’igihe isi igezemo.

Ikigo gishinzwe gutanga Pansion cyatangiye mu w'1964, RSSB ivuga ko buri kwezi yakira amadosiye mashya 400 asaba amafaranga y'izabukuru.

Kuri ubu mu Rwanda abashesha akanguhe ibihumbi 36 nibo bafata amafaranga ya pension buri kwezi bishyurwa miliyari 1 na miliyoni 400. Abasaza 40% bafata  amafaranga make  bahembwa hagati y'ibihumbi 5200 na 20.000 naho abagera kuri 60% bagahembwa hagati y'ibihumbi 100 na 250 hakaba n'abandi 5% bahembwa ari hejuru ya miliyoni.

Inkuru irambuye mu mashusho:

Inkuru ya Jean Paul TURATSINZE



Tuyishimire Elie

babongere kuko byari bibabaje kbs natwe turabishimye!!!! amafaranga bahabwaga yari make ni nka bruse abanyeshuri ba kaminuza bahabwaga nayo bayongeye Feb 17, 2018


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage