AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Abanyamakuru bakanguriwe gutanga isura nyayo ya Afrika ku munsi w'itangazamakuru

Yanditswe Nov, 07 2016 12:30 PM | 1,626 Views



Impuguke mu itangazamakuru ziravuga ko Afrika ikwiye kujya yivugira cyane amakuru nyayo agaragaza uko imeze, bitavuzwe n'andi mahanga agaragaza isura itariyo y'uyu mugabane.

U Rwanda rwizihije umunsi Nyafrica w'itangazamakuru, aho i Kigali harimo kubera ibiganiro bihuje inzego zitandukanye zifite aho zihurira n'itangazamakuru. Zirarebera hamwe uko itangazamakuru rya Africa ryajya ryivugira ibibera ku mugabane wabo, aho kugirango bijye bivugwa n'abandi kuko bavuga ibibi gusa.

Minisitiri w'ubutabera Johnston Busingye niwe watangije ibyo biganiro aho yashimye uruhare rw'itangazamakuru mu iterambere ry'u Rwanda. Naho umuyobozi mukuru w'ikigo cy'igihugu cy'imiyoborere (RGB) Prof. Shyaka Anastase we yagaragaje uburyo itangazamakuru mu Rwanda rigenda rikura, umubare w'ibitangazamakuru ukuntu w'iyongera, ibi kandi bigaterwa n'uburyo itangazamakuru risigaye ryigenzura.

Gusa na none hagarutswe ku mikoro macye y'ibitangazamakuru bigira ingaruka ku mikorere yabyo. 

Binateganyijwe ko kuri uyu munsi hanatangazwa ibipimo bigaragaza uko itangazamakuru mu Rwanda rihagaze, Rwanda Media Barometer.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage