AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Abanyeshuli bitoza ubuganga bahuye n'abadepite kubagezaho iby'imbogamizi mu kazi

Yanditswe Nov, 09 2016 15:56 PM | 1,385 Views



Abanyeshuri 162 bize ishami ryo kuvura, gusuzuma no gutanga imiti bakarangiza bitwa medical Clinical officers bahuye na komisiyo ishinzwe uburezi, ikoranabuhanga, umuco n'urubyiruko mu nteko ishinga amategeko umutwe w'abadepite.

Babagezaho impungenge z'uko bakuwe mu kazi bakoraga k'ubuvuzi bakoraga nk'abaforomo ubwo bari bakiri ku rwego rwa A1. 

Minisiteri y'ubuzima ngo yagiranye nabo amasezerano yo kubarihira amafaranga yose y'ishuri barangiza kwiga bagahabwa akazi kagendanye n'ibyo bize. 

Nyamara ariko ngo bakimara kurangiza kwiga minisante ntiyigeze yubahiriza amasezerano bagiranye kuko yababwiye ko batari ku rutonde rw'abakozi bafata umushahara muri iyi Minisiteri. 

Iri shami rya  Clinical medicine and community health ryatangiye mu 2011, abarangije bwa mbere byari mu 2013, ariko kugeza na n'ubu baheze mu gihirahiro kuko batahawe akazi kandi barakuwe aho bakoraga ngo bajye kwiga. 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage