AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Abasoreshwa babereyemo RRA Miliyari 120 z'amafaranga

Yanditswe Jun, 13 2016 10:23 AM | 1,766 Views



Ikigo cy'igihugu cy'imisoro n'amahoro kirongera gushishikariza abasoreshwa kwishyura imisoro neza kandi hakiri kare kuko iyo bagize ibirarane bituma n'ibihano byiyongera ingaruka zikabageraho. 

Ni mu gihe hari abacuruzi bavuga ko hari igihe ibirarane by'imisoro bibaremerera bagahitamo kuba bahagarika ubucuruzi cyangwa bakajya gukorera mu bindi bihugu.

Miliyari zisaga 120 z'amafranga y'u Rwanda ni byo birarane by'imisoro abasoreshwa banyuranye babereyemo ikigo cy'igihugu cy'imisoro n'amahoro Rwanda Revenue Authority.

Hafi kimwe cya kabiri cyayo ni ibirarane bituruka mu basoreshwa bato ari naho hasa nk'aho bigoye kwishyuza nk'uko RRA ibitangaza, kuko ngo ku bigo kwishyura biba byoroshye.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage