AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Abaturage bajya mu cyaro kwizihiza Noheli na Bonane babuze imodoka zibatwara

Yanditswe Dec, 24 2017 16:21 PM | 5,293 Views



Muri Gare ya Nyabugogo kuri iki cyumweru hari urujya n'uruza rw'abagenzi benshi barimo kwerekeza hirya no hino mu ntara bajya kurirayo Noheri. Imodoka zari zabanye nke kuburyo benshi mu bagenzi  hari bamaze amasaha menshi batarabona uburyo bagenda.

Kwizera Noel wavutse kuri Noheri, twamusanze muri Gare ya Nyabugogo arimo kwerekeza mu karere ka Rusizi aho yari agiye kwifatanya n'ababyeyi be mu birori byo kwizihiza Noheri ari nawo munsi we w'amavuko. Kimwe n'abandi, ngo ni umunsi baba babonye wo kongera kubonana n'ababo. Yagize ati, "...Urumva ni kuri anniversaire yanjye, niyo mpamvu mpise manuka kugirango ndebe agashya ababyeyi ababyeyi baba banteguriye n'abavandimwe"

Gusa, kubera umubare munini w'abagenzi, imodoka zari zabaye nke kuburyo kuri benshi byatumye bategereza umwanya munini kugirango bagende gusa ngo biterwa nuko benshi mu baturage bajya mu cyaro ari benshi abaza i Kigali ari bakeye biba byateza igihombo ku batwara abantu n'ibintu.

Sosiyette zigera kuri 26 nizo zitwara abagenzi hirya no hino mu gihugu zikaba zifite imodoka  zisaga 1200.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage