AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Bamwe mu bakozi b'imirenge bavuga ko gukosoza liste y'itora biri hejuru ya 90%

Yanditswe May, 29 2017 16:09 PM | 2,388 Views



Italiki ntarengwa yari yaratanzwe na komisiyo y'igihugu y'amatora ya buri wese kuba yarikosoje kuri liste y'itora  yarangiye kuri iki cyumweru taliki 28.05.2017.

Bamwe mu bayobozi b'imirenge bavuga ko umubare munini w'abaturage bamaze kwikosoza usibye bake bagiye bimukira ahandi.

Kugeza nko ku murenge wa Gitega, bamwe mu bayobozi bavuga ko kwikosoza bigeze ku kigereranyo cya 96%.

Mu karere ka Kicukiro, mu murenge wa Niboyi, ho harimo kwakirwa abaturage bafite indangamuntu zifite ibibazo urugero nk'amakosa mu mazina, imyaka , n'ibindi. Kuburyo harimo gukosorwa ayo makosa agaragara ku ndangamuntu bahawe.

 Ku kigo cy'igihugu gishinzwe ingangamuntu ku munsi ngo hakirwa abantu bari hagati ya 30-40. Nabo ngo basabwa kwishyura amafaranga 1500 bakanagaragaza icyemezo cyatanzwe mbere ya 2007, kugirango barebereho amazina nyayo bifuza ko ashyirwa ku ndangamuntu.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage