AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Bimwe mu bibazo byagaragaye u Rwanda ruva muri analog rwinjira muri Digital

Yanditswe Jun, 23 2016 10:52 AM | 1,286 Views



Urwego ngenzuramikorere rw'imirimo imwe n'imwe ifitiye igihugu akamaro RURA rutangaza ko uburyo bwa Digital u Rwanda rwinjiyemo bwatumye aho amajwi n'amashusho bigera mu Rwanda hiyongera biva ku kigero  kiri hagati ya 40 na 45% bigera ku kigero cya 90%. Kuri ubu umuyoboro cyangwa wakorerashwaga na Television 1, ushobora gukoreshwa na Television zigera kuri 18.

Abaturage nabo bavuga ko uburyo bwa Digital bwatumye babasha kureba Televiziyo zitandukanye no gukurikirana ibibera hirya no hino kw' isi.

RURA ivuga ko kugeza ubu aho amajwi n'amashusho bitaragera ahanini ari ukubera imiterere yaho nk'ahiganje cyane imisozi.

Kugeza ubu mu Karere u Rwanda rurimo ka Afurika y' iburasirazuba, ibihugu bigize uyu muryango byamaze kuva mu buryo bwa Analogue bijya mu buryo bwa Digital, igihugu cy'u Burundi ni cyo gusa gisigaye kitaratangira iyi gahunda.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage