Yanditswe Jun, 23 2016 16:18 PM | 2,135 Views
Bamwe
mu banyeshuri biga ku kigo cy’amashuri
abanza cya Rulindo mu murenge wa Musenyi, mu karere ka Bugesera bavuga ko birukanirwa amafaranga 250 y’ifunguro
ry’igikoma bafatira ku ishuri
Ubuyobozi
bw’ikigo cy’amashuri abanza cya Rulindo mu Bugesera buvuga ko gahunda yo
kuhabwa ifunguro ry’igikoma ku ishuri yashyizweho n’ababyeyi, aho bahabwa igikoma
mu minsi 3. Yaje igamije kunganira gahunda y'inkongoro ku mwana, aho abana bo
mu mashuri y’incuke ndetse n’abiga kuva mu wa mbere kugeza mu wa gatatu ubanza
bahabwa amata ku ishuri iminsi ibiri mu cyumweru.
Gusa ubuyobozi buhakana bwivuye inyuma ko ntamunyeshuri wirukanirwa ko atatanze umusanzu we kugira ngo haboneke ifunguro ry’igikoma.
Inkuru irambuye mu mashusho:
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru