AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Bugesera: Abana birukanwa kubera kutishyura amafaranga y'igikoma

Yanditswe Jun, 23 2016 16:18 PM | 2,135 Views



Bamwe mu banyeshuri biga ku kigo cy’amashuri abanza cya Rulindo mu murenge wa Musenyi, mu karere ka Bugesera bavuga ko birukanirwa amafaranga 250 y’ifunguro ry’igikoma bafatira ku ishuri

Ubuyobozi bw’ikigo cy’amashuri abanza cya Rulindo mu Bugesera buvuga ko gahunda yo kuhabwa ifunguro ry’igikoma ku ishuri yashyizweho n’ababyeyi, aho bahabwa igikoma mu minsi 3. Yaje igamije kunganira gahunda y'inkongoro ku mwana, aho abana bo mu mashuri y’incuke ndetse n’abiga kuva mu wa mbere kugeza mu wa gatatu ubanza bahabwa amata ku ishuri iminsi ibiri mu cyumweru.

Gusa ubuyobozi  buhakana bwivuye inyuma ko ntamunyeshuri wirukanirwa ko atatanze umusanzu we kugira ngo haboneke ifunguro ry’igikoma.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage