AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Imibereho ya bazwi nka 'karani ngufu' ishobora guhinduka ikarushaho kuba myiza

Yanditswe Apr, 28 2016 15:46 PM | 1,406 Views



Ministeri y'abakozi ba leta n'umurimo iratangaza ko abakora imirimo itanditse ''informal sector'', harimo iyo mu ngo n'iya karani ngufu bagiye kubona itegeko ribarengera, rizagena imishahara fatizo n'uko abakoresha babo bakubahiriza uburenganzira bwabo.

Bamwe mu bakora ubukaraningufu bemeza ko bahuraga n'imbogamizi bakiyambaza gusa amakoperative. Nsengimana Vitali avuga ko amaze gusaza atagishobora kwikorera ibiro bisaga 50 mu gihe mbere yikoreraga ibiro ijana cyangwa bisaga nk'abasore twahasanze.

Avuga ko gukorera muri koperative byabagiriye akamaro kuko bibaha ingufu. Ibibazo byo kutagira imishahara fatizo, cyangwa amasezerano n'abakoresha ni bimwe mu bibazo usanga ngo bibugarije. 

Umurimo wa karani ngufu ufasha mu gutwara imizigo no kuyipakira, itunze benshi mu rubyiruko mu rwego rwo kwirinda kuba inzererezi. Gusa kuba ukiri mu igomba kunozwa igashyirwa no mu mategeko bizarushaho guha icyizere abawurimo.

Inkuru irambuye mu mashusho:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage