AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Impunzi z'abarundi zigomba gushakirwa ikindi gihugu cyizakira--MIDIMAR

Yanditswe Oct, 26 2016 17:38 PM | 1,363 Views



Leta y'u Rwanda iratangaza ko idateze kwisubiraho ku cyemezo yafashe cyo gusaba ko impunzi z'abarundi zashakirwa ikindi gihugu cyazakira. Ibi ministre ushinzwe imicungire y'ibiza n'impunzi yabibwiye intumwa za HCR, kuri uyu wa 3 ubwo bahuriraga mu nama i Kigali. Gusa HCR yo ivuga ko ikirimo gushakira umuti urambye iki kibazo.

Komiseri wungirije w'Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku mpunzi HCR, Volker Turk, avuga ko harimo kurebwa icyakorwa ngo iki kibazo gikemuke, harimo no gushaka igisubizo kirambye cyatuma izi mpunzi zisubizwa mu gihugu cyabo.

Muri ibi biganiro harimo na Sarah Zeid umugore w'igikomangoma cya Jordaniya. we asanga igihugu cy'u Rwanda n'umuryango w'abibumbye, bifite ubushake bwo gufasha izi impunzi, no kwita ku mibereho yazo aho zaba ziri hose.

Kuri ubu Leta y' u Rwanda icumbikiye impunzi z'abarundi zisaga 85 000.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage