Yanditswe Apr, 29 2016 11:58 AM | 2,951 Views
Kubera imvura y’umurindi yakomeje kugwa I Nyagatare mu Burasirazuba, uruzinduko rwa Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame rurasubitswe muri ako karere kugira ngo abaturage batanyagirwa.
Perezida Kagame yari gusura abaturage b’akarere ka Nyagatare, nyuma y’uko ku munsi w’ejo hashize ku wa Gatatu yari mu karere ka Ngoma, aho yaganiriye n’abagatuye, abasaba gushyiramo imbaraga nyinshi muri gahunda yo kurwanya ubukene.
Nyuma yo gusura abaturage b'akarere ka Ngoma, umukuru w'igihugu yahuye n'abavuga rikumvikana mu karere ka kayonza.
Ibiganiro by’umukuru w’igihugu n’abavuga rikumvikana bo mu ntara y’iburasirazuba, byaranzwe ahanini no kungurana ibitekerezo ku iterambere ry’iyi ntara, hagamijwe kureba uruhare rwa buri ruhande.
Iyi nama yabaye hashize igihe gito hatowe imbonezamihigo, yatanze ikizere ko aba bavuga rikumvikana biyemeje gukora cyane kugirango bagere ku nshingano biyemeje.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru