AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Kiyovu yatsinze APR bwa mbere mu myaka 12, iyitsinze igitego kimwe ku busa

Yanditswe Oct, 27 2017 20:11 PM | 5,734 Views



Ikipe ya Kiyovu Sports ibonye intsinzi ya kabiri muri shampiyona itsinze APR FC igitego 1-0 cya Moustapha Francis mu gice cya mbere cy’uyu mukino w’umunsi wa kane wa shampiyona wabereye ku Mumena.

Kiyovu Sports yaherukaga gutsinda APR FC mu 2005 mu gihe na Cassa Mbungo yaherukaga gutsinda APR FC mu 2014 atoza AS Kigali.

Kiyovu Sports yatsinze umukino wa mbere muri shampiyona ari nawo iheruka gukinira kuri iki kibuga ubwo yatsindaga Musanze FC 1-0, mbere yo gutsindwa na Rayon Sports 2-0 na Miroplast 2-1.

Ku ruhande rwa APR FC ya mbere kugeza mbere y’uyu mukino yatsinze Sunrise FC 2-0, inganya na Marines FC 1-1 mbere yo gutsinda AS Kigali 2-1.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage