AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

MINECOFFIN na RPPA mu nama yo gukoresha neza umutungo wa leta

Yanditswe Nov, 02 2016 12:06 PM | 1,412 Views



Ministre w'imari n'igenamigambi Amb. Claver Gatete aratangaza ko iterambere ry'igihugu rishingira ku mikoreshereze myiza y'umutungo w'igihugu, kandi ko ibi bitashoboka hatabayeho uburyo bwo gutanga no gulutikirana amasoko ya leta binyuze mu mucyo.

Ministre Gatete ubwo yatangizaga ibiganiro bihuza abarebwa n'amasoko ya leta mu bihugu byo bya Afrika y'iburasirazuba yavuze ko mu Rwanda habayeho amavugurura ashingiye ku mategeko kugirango hanozwe imitangire y'amasoko ya leta ariko hakiri ikibazo cyo kubahiriza ishyirwa mu bikorwa ry'ibikubiye mu mategeko n'amabwiriza mashya.

Bityo asaba abitabiriye ibi biganiro guhuriza hamwe ibyifuzo by'inzego zirebwa n'amasoko ya leta n'inzego z'abikorera mu Karere gushakira hamwe imyanzuro inyuze impande zombi. 




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage