AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Minisitiri Mushikiwabo asanga bikwiye ko Afurika yikemurira ibibazo byayo

Yanditswe May, 03 2017 15:49 PM | 2,382 Views



Minisitiri w'ububanyi n'amahanga Louise Mushikiwabo aravuga ko n’ubwo isi muri rusange ifite ibibazo by'ihungabana ry'amahoro n'umutekano, umugabane wa Afurika ukwiye kutarangazwa nabyo ahubwo ugakora ibishoboka ukikemurira ibibazo nk'ibyo bikiwugarije. 

Ibi Minisitiri Mushikiwabo yabivuze mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu,  ubwo yatangizaga umwiherero w'iminsi 3 uhuje abagize akanama k'Amahoro n'umutekano mu muryango wa Afurika yunze ubumwe, bateraniye i Kigali.

Inkuru yose mu mashusho:





Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage