Yanditswe Mar, 05 2018 14:33 PM | 13,710 Views
Ministiri w’abakozi ba leta n’umurimo Fanfan Rwanyindo yasobanuriye abadepite bagize inteko rusange ibirebana no guhuza itegeko rigenga umurimo mu Rwanda n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’U Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015.
Guhuza itegeko rigenga umurimo mu Rwanda n’amasezerano mpuzamahanga y’umurimo U Rwanda rwashyizeho umukono, harimo n’ayashyizweho umukono umwaka ushize agera kuri atandatu.
Guhuza Itegeko rigenga umurimo mu Rwanda n’amasezerano agenga Isoko Rusange ry’Umuryango w’Ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (East African Community Common Market Protocol)
Guhuza itegeko rigenga umurimo mu Rwanda n’ ibikorwa by’umushinga w’ibihugu bihuriye ku Muhora wa Ruguru ku bijyanye n’urujya n’uruza rw’abakozi.
Mu rwego rwo gushyiraho uburyo Abanyarwanda bashobora kujya gushaka imirimo mu bindi bihugu, muri uyu mushinga w’itegeko hatekerejwe ko hajyaho uburyo bwo kuborohereza gushaka iyo mirimo.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru