AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

PAC yanenze uko MINISANTE ndetse n'ibitaro bitandukanye bikoresha amafaranga

Yanditswe Sep, 27 2016 16:27 PM | 1,389 Views



Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y'imari n'umutungo bya Leta yumvise abayobozi ba Minisiteri y'ubuzima. Ikaba yaranenze imikoranire itanoze n’inzego ziyishamikiyeho ndetse n’igenamigambi ridahwitse byahaye icyuho imikoreshereze mibi ya miliyoni zisaga 80 zidafitiwe ibisobanuro.

Isobanura ko muri raporo y'umugenzuzi mukuru w'imari ya Leta hatunzwe agatoki ibitaro bya Kibiririzi, ibya Ruhango n'ibya Muhororo. Hose havugwa amafaranga yagiye akoreshwa ibyo atari agenewe, abayobozi n'abakozi b'ibyo bitaro bagiye banyereza amafaranga, abandi bagatoroka ubutabera, ibikoresho byagiye bigurwa mu bitaro ntibikoreshwe, inyubako zagiye zisenyuka zikirangira kubakwa n'ibindi.

Umunyamabanga uhoraho muri Ministeri y'ubuzima Jean Pirre Nyemazi, yabwiye iyi komisiyo ko habayeho intege nke mu igenamigambi, imikoranire itanoze, ariko ko hari ibigiye gukosorwa.

Inkuru irambuye:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage