Yanditswe Dec, 14 2016 16:35 PM | 1,637 Views
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa gatatu yahuye n'abagize itsinda ry'abajyanama be, rizwi nka Presidential Advisory Council. Ni ibiganiro byabereye i Kigali muri Village Urugwiro. ubusanzwe inama y'abagize iri tsinda biteganyijwe ko iba kabiri mu mwaka, bakungurana ibitekerezo ku ngamba zarushaho kugeza u rwanda ku iterambere.
Iri tsinda ryashyizweho muri Nzeri umwaka w'2007, rigizwe n'abanyarwanda n'incuti z'u Rwanda, bafite inshingano zo kugira inama umukuru w'igihugu ku bijyanye n'ingamba z'iterambere, ibyo igihugu gikwiriye guhitamo ndetse n'imishinga mishya cyashyira mu bikorwa.
Abagize iri tsinda ni abantu b'inzobere n'inararibonye mu ngeri zitandukanye z'ubumenyi, harimo n'abagiye bakora imirimo ikomeye mu bihugu byabo cg mu rwego mpuzamahanga, abikorera n'ababarizwa mu zindi ngeri z'ubuzima.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru