Yanditswe Jan, 11 2018 14:53 PM | 5,392 Views
Perezida
wa Republika Paul Kagame yaraye yakiriye mu biro bye Benjamin Mkapa, umwe mu
bayobozi b’inama y’ubutegetsi y’ikigo nyafrika kibungabunga
inyamaswa zo mu gasozi (Africa Wildlife Foundation).
Nk’uko byagaragaye kuri konte ya Twitter y’ibiro by’umukuru w’igihugu-Village Urugwiro, Benjamin Mkapa yari kumwe na Kaddu Sebunya, perezida w’iki kigo nyafrika kibungabunga inyamaswa zo mu gasozi. Hari kandi n’Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugucy’Iterambere RDB Clare Akamanzi.
Aba bayobozi bose uko ari batatu bari bavuye mu gikorwa cyo gushyikiriza u Rwanda ubutaka bwo kwaguriraho Pariki y’Ibirunga, izwiho kuba icumbi ry’ingagi zo mu misozi miremire.
Iki gikorwa kikaba cyarabeye mu Kinigi, mu karere ka Musanze.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru