AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Perezida Kagame yaraye yakiriye uwahoze ari perezida wa Tanzania Benjamin Mkapa

Yanditswe Jan, 11 2018 14:53 PM | 5,392 Views



Perezida wa Republika Paul Kagame yaraye yakiriye mu biro bye Benjamin Mkapa, umwe mu bayobozi b’inama y’ubutegetsi y’ikigo nyafrika kibungabunga inyamaswa zo mu gasozi (Africa Wildlife Foundation).

Nk’uko byagaragaye kuri konte ya Twitter y’ibiro by’umukuru w’igihugu-Village Urugwiro, Benjamin Mkapa yari kumwe  na Kaddu Sebunya, perezida w’iki kigo nyafrika kibungabunga inyamaswa zo mu gasozi. Hari kandi n’Umuyobozi  w’Ikigo cy’Igihugucy’Iterambere RDB Clare Akamanzi.

Aba bayobozi bose uko ari batatu bari bavuye mu gikorwa cyo gushyikiriza u Rwanda ubutaka bwo kwaguriraho Pariki y’Ibirunga, izwiho kuba icumbi ry’ingagi zo mu misozi miremire.

Iki gikorwa kikaba cyarabeye mu Kinigi, mu karere ka Musanze.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage