AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

RSSB mu myenda y'ibigo nderabuzima

Yanditswe Apr, 15 2016 17:57 PM | 3,058 Views



Byinshi mu bigo nderabuzima byo mu karere ka Rusizi, biravuga ko bihangayikishijwe n’imyenda y’umurengera  bibereyemo ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwiteganyirize bw’abakozi (RSSB).

 Abayobozi b’ibi bigo nderabuzima  bavuga ko igice cy’inini cy’uyu mwenda cyatewe n’uko batinze kwishyura, ariko  RSSB nayo ngo ifitiye umwenda munini  ibi bigo nderabuzima kubera ko ukomoka ku madeni aya mavuriro yahaye ikigega cya mutuelle gisigaye kibarizwa muri RSSB.

Iyi myenda  yatangiye kubarwa  guhera  2006, abataragiye  bishyura iyi misoro  bakaba bagomba kwishyura  ndetse hiyongeyeho n’amafaranga  y’ubukererwe.

Haracyakorwa ubugenzuzi kungano y’umubare w’amafaranga  yose ibi bigo nderabuzima bibereyemo RSSB,ariko ngo ashobora kuba atazajya munsi ya miliyoni 200z’amafaranga y’u Rwanda.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage