Yanditswe Apr, 15 2016 17:57 PM | 3,058 Views
Byinshi mu bigo nderabuzima byo mu karere ka Rusizi, biravuga ko bihangayikishijwe n’imyenda y’umurengera bibereyemo ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwiteganyirize bw’abakozi (RSSB).
Abayobozi b’ibi bigo nderabuzima bavuga ko igice cy’inini cy’uyu mwenda cyatewe n’uko batinze kwishyura, ariko RSSB nayo ngo ifitiye umwenda munini ibi bigo nderabuzima kubera ko ukomoka ku madeni aya mavuriro yahaye ikigega cya mutuelle gisigaye kibarizwa muri RSSB.
Iyi myenda yatangiye kubarwa guhera 2006, abataragiye bishyura iyi misoro bakaba bagomba kwishyura ndetse hiyongeyeho n’amafaranga y’ubukererwe.
Haracyakorwa ubugenzuzi kungano y’umubare w’amafaranga yose ibi bigo nderabuzima bibereyemo RSSB,ariko ngo ashobora kuba atazajya munsi ya miliyoni 200z’amafaranga y’u Rwanda.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru