AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Ruhango: Barifuza ko umuhanda Kirengeri-Gafunzo wakorwa

Yanditswe May, 27 2016 12:17 PM | 1,801 Views



Mu gihe umuhanda uhuza Kirengeri, Gafunzo - Buhanda mu karere ka Ruhango utarasanwa, abakoresha bakanaturira uri kwifashishwa muri iyi minsi ariwo wa Kirengeri – Mwendo - Buhanda, baratangaza ko kubera imodoka ziremereye ziwukoresha, amateme basanganywe nayo azagenda yangirika, bityo bagasaba ko ibikorwa byo gusana uwarusanzwe ukoreshwa byakwihutishwa. Iki gitekerezo aba baturage bagihuriyeho kandi n’abashoferi bakoresha uwo muhanda munini wa Kirengeri, Gafunzo – Buhanda bavuga ko mu myaka ibiri ishize wagiye wangirika bigatuma ingendo zigorana cyane.

Reba inkuru yose:




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage