AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

U Rwanda na Maroc basinyanye amasezerano y'ubufatanye mu iterambere ry'ubuhinzi

Yanditswe Oct, 20 2016 15:48 PM | 1,430 Views



Perezida wa republika Paul Kagame n'umwami Mohammed wa VI wa Morocco bitabiriye umuhango wo gusinya amasezerana hagati y'ibihugu byombi mu bijyanye n'ubufatanye mu iterambere ry'ubuhinzi.

Amaserano yasinywe azibanda ku ngingo 4 arizo; gusangira inararibonye no kohererezanya impuguke, gufatanya mu gufata neza amazi no kuhira imyaka, kongera ishoramari no koroshya itangwa ry'inguzanyo mu buhinzi, n'ishoramari mu kubaka uruganda rukora ifumbire ijyanye n'ubutaka bw'u Rwanda. 

Ministiri w'ubuhinzi n'ubworozi Dr Gerardine Mukeshimana wasinye ku ruhande rw'u rwanda yavuze ko bagiye gukora ibyihutirwa ngo urwo ruganda rw'ifumbire rwubakwe, kuko ifumbire yakoreshwaga mu rwanda mu kuyikora hatitabwaga ku miterere y'ubutaka.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage