Yanditswe May, 15 2018 23:09 PM | 11,713 Views
Ministeri y'ibikorwa remezo iratangaza ko kubera umuhanda Kigali-Gatuna wangijwe n'imvura kuva ku cyumweru, ubu ibinyabiziga bituruka muri Uganda cyangwa ibijyayo bigomba gukoresha umuhanda Kagitumba-Cyanika.
Ibi ni mugihe uyu muhanda wa Gatuna Kigali ukomeje gufungwa mugihe ibikorwa byo kuwusana bikomeje. Umunyamabanga wa leta ushinzwe ubwikorezi Jean De Dieu Uwihanganye yemeza ko guhindura icyi cyerekezo byatewe niyangirika ry'uyu muhanda.
Kuri ubu ibikorwa byo kwimura abaturage baturiye uyu muhanda byo
birakomeje.
Minisitiri w'ibikorwaremerezo Amb. Claver Gatete avuga ibi byose bikomeje
gukorwa mu rwego rwo gushaka igisubizo cy'igihe kigufi mugihe iyi ministeri
irimo gushakisha ibisubizo birambye kuri uyu muhanda.
Uyu muhanda ntukiri nyabagendwa ku modoka nini zikoreye imizigo ziva mu gihugu cya Uganda cyangwa zijyayo, ariko izo modoka zigakoresha inzira ya Kagitumba na Cyanika mu gihe uri gusanwa.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru