AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Umushinga wo kwagura umuhanda wa Nyabugogo watumye 'feu rouge' zidakoreshwa

Yanditswe Oct, 24 2016 17:03 PM | 1,955 Views



Uko iminsi igenda ni nako iterambere ridasigara inyuma, ibi bigaragarira no ku binyabiziga byiyongera uko bwije nuko bukeye, mu rwego rwo kugirango hirindwe impanuka hagiye hashirwaho amatara ayobora ibinyabiziga mu ihuriro ry'imihanda hirya no hino mu mujyi wa Kigali.

Gusa kuri ubu usanga hamwe na hamwe aya matara atagikora, aha twavuga nko muri 'Feu Rouge' za Nyabugogo aho bamwe mu bashoferi bagaragaje impungenge zibi aho usanga buri umwe aba ashaka gutanguranwa mu gihe hatari abapolisi babayobora.

Impamvu ibitera ikaba ari uko aha Nyabugogo habarizwa ibikorwa by’ubucuruzi byinshi  bituma haba urujya n’uruza rw’imodoka nyinshi

Umujyi wa Kigali uremeza ko kuba amatara ayobora ibinyabiziga (Feu Rouge) za Nyabugogo zidakora ari ubushake bwabo, mu gihe hategerejwe umushinga wo kwagura iriya mihanda.

Mu kwezi kwa 11 uyu mwaka nibwo hazatangira imirimo yo kwagura imihanda ireshya na 54km hirya no hino mu mujyi wa kigali harimo nuwa nyabugogo, akaba ari umushinga uzamara imyaka 4.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage