AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

APR FC yasezereye abakinnyi 16 bakomeye harimo kapiteni wayo Miggy

Yanditswe Jun, 28 2019 12:40 PM | 11,914 Views



Ubuyobozi bw'Ikipe y'Ingabo z'Igihugu, APR FC bwasezereye abakinnyi bayo 16, aho butangaza ko mu minsi ya vuba buza gutangaza abakinnyi bashya mu rwego rwo kuvugurura iyi kipe. 

Nk'uko bitangazwa n'urubuga rw'iyi kipe, abakinnyi basezerewe  ni Kimenyi Yves wari umuzamu, Rusheshangoga Michel, Rugwiro Herve ,Iranzi Jean Claude, Nizeyimana Mirafa, Nshimiyimana Amran, Issa Bigirimana, Ntaribi Steven, Ngabonziza Albert.

Harimo kandi  Nsengiyumva Moustapha, Ntwari Evode, Rukundo Denis, Sekamana Maxime, Nshuti Dominique Savio,Mugiraneza Jean Baptiste na Ramadhan Niragira.

Icyemezo cyo gusezerera ababakinnyi bakaba bakigejejweho n'ubuyobozi bw'ikipe muri iki gitondo mu nama bagiranye.

Gusezerera abakinnyi bije nyuma aho iyi kipe haba muri shampiyona ya 2018-2019, ndetse no mu Gikombe cy'Amahoro. 

Iri sezererwa ry'abakinnyi, APR FC irikoze mu gihe initegura imikino ya CECAFA Kagame Cup igiye kubera mu Rwanda mu ntangiriro za Nyakanga uyu mwaka. 



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage