AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Abagizweho ingaruko n’ibitero bya MRCD-FLN barasaba kubonana na Blinken

Yanditswe Aug, 05 2022 17:13 PM | 105,301 Views



Abaturage bagizweho ingaruka n'ibitero by'iterabwoba byagabwe n'umutwe wa MRCD-FLN ya Paul Rusesabagina mu Ntara y'Amajyepfo n'iy'u Burengerazuba, basabye umunyamabanga wa Leta Zunze za Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Anthony Blinken ko bazabonana nawe kugira ngo bamugaragarize uburyo ibyo bitero byagize kandi bikomeje kugira ingaruka ku miryango yabo.

 Anthony Blinken ategerejwe mu Rwanda mu cyumweru gitaha.

Mu ibaruwa bamwandikiye, abagizweho ingaruka n'ibyo bitero by'iterabwoba bavuga ko biteye agahinda kubona hari abayobozi muri Amerika bakomeza kuvuga ko Rusesabagina arekurwa.

Abagizweho ingaruka n'ibitero bavuga ko Rusesabagina yashinze kandi agatera inkunga umutwe w'iterabwoba wagabye ibyo bitero hagati y'ukwezi kwa Gatandatu kwa 2018 n'ukwa cumi 2019, kandi ukaba ukomeje kugaragaza ibikorwa byawo kugeza na n'uyu munsi, ushaka kugaba ibitero mu Rwanda.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage