AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Bamwe mu baturage bavuga ko imiyoboro ishaje ya REG ariyo itera ibura ry'umuriro

Yanditswe Dec, 23 2018 22:33 PM | 19,372 Views



Gusaza  kw'imiyoboro na za kabine z'umuriro w'amashanyarazi hirya no hino mu mujyi wa Kigali, bikomeje kugaragara kuri bamwe nk'imwe mu mpamvu zikoma mu nkokora ikwirakwiza ra ry'amashanyarazi mu bice bimwe by'uyu  mujyi ukoresha hejuru ya 50 % by'amashanyarazi yose yo mu gihugu.

Kwaguka ku mujyi wa Kigali bigaragarira ku mabare w'abaturage bagenda biyongera harimo n' ibikorwaremezo umujyi ugenda wunguka, gusa bimwe muri ibi bikorwaremezo n'ibyifashisha umuriro w'amashanyarazi gusa gusaza kwa bimwe muri ibi bikorwaremezo nk' imiyoboro na za kabine byumwihariko bifite ingaruka ku gutarakara kw'amashanyarazi aturuka ku ngomero mbere yuko atangira gukoreshwa.

Umuyobozi ushinzwe igenamigambi muri sosiyete y'amashanyarazi EUCL Gakwavu Claver avuga kuri ubu hari ubwoko 3 bwa kabine zirimo gushyirwa mu bice bitandukanye by’ umujyi wa Kigali bitewe no kwaguka kwawo.

Bamwe mu baturage bafite imirimo yifashisha umuriro w’amashanyarazi bagaraza isanwa ziyi miyoboro ndetse na kabine bigenda bikemura ikibazo cyakoma mu nkokora imirimo yabo.

Imibare garagaza ko mu gihe cy’ imyaka 10 ishize hafi 40 % by’umuriro wo m Rwanda watakariraga mu miyoboro utaragera kubawukurosha kubera gusaza kw’imiyoboro.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage