AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Bamwe mu baturage n'abacuruzi bishimiye igabanuka ku giciro cy'amashanyarazi

Yanditswe Jan, 02 2017 15:03 PM | 2,000 Views



Abanyarwanda b'ingeri zitandukanye bishimiye ko gahunda yo kugabanya igiciro cy'umuriro w'amashanyarazi yatangiye gushyira mu bikorwa kuva ku itariki ya mbere. Ibi bishyizwe mu bikorwa nyuma y'uko inzego zishinzwe ingufu z'amashanyarazi zigaragaje ko ibikorwaremezo bitanga umuriro w'amashanyarazi byiyongereye.

Ibyishimo nkibyo byanagaragajwe n’abakora ubucuruzi bunyuranye harimo abakora muri za saloon bakaba bemeza ko gahunda za leta  ''imvugo ariyo ngiro''.

Ishyirwa mu bikorwa rya gahunda yo kugabanya igiciro cy'umuriro w'amashanyarazi mu Rwanda, rije nyuma y'uko mu kwezi gushize ministeri y'ibikorwa remezo n'ikigo gishinzwe ingufu REG bagaragaje ko hari kugenda huzura ibikorwa remezo byinshi bitanga umuriro w'amashanyarazi. Icyo gihe ministre James Musoni w'ibikorwa remezo yasobanuye ko muri iki giciro umuturage yitaweho cyane.

Kuva muri uku kwezi kwa mbere, biteganyijwe ko ikigo cy’ingufu REG kitangiza gahunda yitwa PIP igamije kunoza imitangire ya serivisi ijyanye no kugeza umurimo w'amashanyarazi ku baturage. 



Philos

Baratubeshye Jan 06, 2017


Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage