AGEZWEHO

  • RIB yerekanye abasore babiri bakekwaho kwiba amadorali ya Amerika asaga 9000 – Soma inkuru...
  • Minisitiri w'Intebe Dr Ngirente avuga ko u Rwanda rwiteguye gutanga umusanzu mu kurwanya Malaria – Soma inkuru...

Bugesera: Abaturage basaga ibihumbi 40 bahawe amazi meza

Yanditswe Mar, 27 2024 17:57 PM | 141,106 Views



Abaturage basaga ibihumbi 40 mu Mirenge ya Juru na Mwogo mu Karere ka Bugesera babonye amazi meza, babikesha umuyoboro wa kilometero 50 watashywe ku mugararagaro kuri uyu wa Gatatu.

Abaturage ibihumbi 46 nibo bagezweho n’amazi meza, gusa ngo hari gahunda yo kongera indi miyoboro mu Karere ka Bugesera.

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore avuga ko ibikorwa byo kongera ingano y’amazi mu Karere ka Bugesera biziyongera gusa asaba abaturage kubungabunga ibikorwameze bahawe.

Umuyoboro watashywe ufite ibirometero hafi 50, wuzuye utwaye asanga miliyoni 900 Frw, naho  Akarere ka Bugesera kari kuri 75% mu gukwirakwiza amazi meza ku baturage.



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage