AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Emmanuel Macron yongeye gutorerwa kuyobora u Bufaransa

Yanditswe Apr, 24 2022 19:22 PM | 87,141 Views



Emmanuel Macron wari usanzwe ayobora u Bufaransa, yongeye gutorwa muri manda ya kabiri y'imyaka itanu atsinze uwo bari bahanganye, Marine Le Pen, ku majwi 58.2%.

Marine Le Pen we yagize amajwi 41.8%. 

Ni ku nshuro ya kabiri Macron atsinze Le Pen kuko no mu 2017, yari yamutsinze ku majwi 66.1%, mu gihe Le Pen yari yagize amajwi 33.9%.

Emmanuel Macron na Marine Le Pen bageze mu cyiciro cya nyuma cy’abahataniye nyuma yo gutsinda mu matora yabaye tariki 10 Mata 2022, aho bari imbere mu bakandida 12.

Icyo gihe Macron yagize amajwi 27.85%, naho Le Pen abona amajwi 23.15%.



James Habimana



Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage