AGEZWEHO

  • Kwibuka ni inshingano, Jenoside si ikamba twirata- Madamu Jeannette Kagame – Soma inkuru...
  • Miliyari zirenga 2 Frw zishyuwe hadakurikije amategeko – Soma inkuru...

Iki ni igihe u Rwanda na Jamaica bigomba gushimangira umubano kurusha ikindi gihe- Perezida Kagame

Yanditswe Apr, 15 2022 20:24 PM | 38,847 Views



Perezida Paul Kagame yavuze ko iki ari cyo gihe u Rwanda na Jamaica bigomba gushimangira umubano kurusha ikindi gihe.

Asoza uruzinduko rw’iminsi 3 yagiriraga muri Jamaica, umukuru w’igihugu washimiye abayobozi n’abaturage b’iki gihugu urugwiro rwo ku rwego rwo hejuru bamugaragarije we n’intumwa ayoboye, avuga ko ibihugu byombi byiyemeje guteza imbere ubutwererana mu nzego zifitiye inyungu ku baturage b’ibihugu byombi.

Minisitiri w’Intebe wa JamaicA, Andree Holnes nawe yakomoje ku biganiro yagiranye na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, avuga ko ibi bigiye kurushaho gutuma ibihugu byombi bikorera ahamwe mu nyungu z’ababituye.

Kuri uyu wa Gatanu kandi Perezida Kagame yagiranye ibiganiro byihariye na Minisitiri w’Intebe wa Jamaica, Andrew Holness banayobora isinywa ry’amasezerano y’ibihugu byombi mu nzego zirimo guteza imbere ubukerarugendo n’izindi.




Ba uwambere gutanga igitekerezo

Tanga igitekerezo:



RSS FEED

Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi

REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr

Oscar Pistorius yafunguwe ku mbabazi nyuma y'imyaka 9 afunze kubwo kwica um

Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda

Twitege iki kuri Tour du Rwanda ya 2024?

Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya

Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023

Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abage