Yanditswe Apr, 15 2022 20:24 PM | 38,035 Views
Perezida Paul Kagame
yavuze ko iki ari cyo gihe u Rwanda na Jamaica bigomba gushimangira umubano
kurusha ikindi gihe.
Asoza uruzinduko rw’iminsi 3 yagiriraga muri Jamaica, umukuru w’igihugu washimiye abayobozi n’abaturage b’iki gihugu urugwiro rwo ku rwego rwo hejuru bamugaragarije we n’intumwa ayoboye, avuga ko ibihugu byombi byiyemeje guteza imbere ubutwererana mu nzego zifitiye inyungu ku baturage b’ibihugu byombi.
Minisitiri w’Intebe wa JamaicA, Andree Holnes nawe yakomoje ku biganiro yagiranye na Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, avuga ko ibi bigiye kurushaho gutuma ibihugu byombi bikorera ahamwe mu nyungu z’ababituye.
Kuri uyu wa Gatanu kandi Perezida Kagame yagiranye ibiganiro byihariye na Minisitiri w’Intebe wa Jamaica, Andrew Holness banayobora isinywa ry’amasezerano y’ibihugu byombi mu nzego zirimo guteza imbere ubukerarugendo n’izindi.
Umugaba w'Ingabo za Ghana mu ruzinduko mu Rwanda
Jul 05, 2022
Soma inkuru
Umuryango AVEGA-Agahozo uvuga ko mu minsi 100 yo kwibuka Jenoside intego bari bihaye zimaze kugerwah ...
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Imiryango 30 yo muri Muhanga yakemuriwe ikibazo cy’icumbi mu 2021-2022
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Abavuga ko Gaz ihenze kurusha amakara babiterwa no kudasobanukirwa- Dr Mujawamariya
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Abanyarwanda baba muri Mozambique bakoze umuganda rusange mu kwizihiza umunsi wo kwibohora
Jul 03, 2022
Soma inkuru
Bamwe mu baturage batewe impungenge n’imibare y’abandura Covid-19 itangiye kwiyongera
...
Jul 02, 2022
Soma inkuru