Yanditswe Mar, 11 2018 22:34 PM | 12,981 Views
Kuri
uyu wa mbere ingoro ndangamurage n’amateka yitiriwe Richard Kandt, ku bufatanye
na Ambasade y’ ubudage n’iya Israel bazamurika bimwe mu bikorwa byaranze abadipolomate mu gihe cy’intambara ya 2 y’isi, ubwo
Abayahudi bakorerwaga Jenoside abo badipolomate bakagaragagaza ubutwari, yewe
ndetse bamwe bakanarenga ku mategeko agenga ibihugu bari bahagarariye icyo gihe,
bagerageza gukiza abahigwaga.
Muri abo badipolomate bazibukwa banahabwa icyubahiro kubera kurenga ku nshingano bari bafite bagatabara abantu, harimo 9 bagaragara mu nzu ndangamateka yitiriwe Kandt bakomoka mu bihugu birimo Ubwongereza, Ubuyapani, Ubudage, Espanye, Swede, Peru, Turikiya, n’ Icyahoze ari Czechoslovakia.
Ubuhamya bw'abakinnyi barokowe na Siporo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Apr 19, 2024
Soma inkuru
REG BBC yisubije Thomas Cleveland Jr
Jan 19, 2024
Soma inkuru
Oscar Pistorius yafunguwe nyuma y'imyaka 11 ishize yishe uwari umukunzi we
Jan 05, 2024
Soma inkuru
Jurrien Timber myugariro wa Arsenal ari mu Rwanda muri Gahunda ya Visit Rwanda
Dec 14, 2023
Soma inkuru
Twitege iki kuri Tour du Rwanda 2024?
Nov 09, 2023
Soma inkuru
Amagare: FERWACY yabonye abayobozi bashya
Nov 05, 2023
Soma inkuru
Perezida Kagame yakiriye abegukanye ibihembo bya Trace Awards 2023
Oct 22, 2023
Soma inkuru
Car Free Day: Umujyi wa Kigali washimiwe kugira ibikorwaremezo byorohereza abagenda n'amaguru
Oct 15, 2023
Soma inkuru